Ambushi zirenga 73 RDF yateze inyeshyamba zo muri CABO DELGADO

Описание к видео Ambushi zirenga 73 RDF yateze inyeshyamba zo muri CABO DELGADO

IBIKORWA BY’INGABO Z’URWANDA MU NTARA YA CABO DELGADO MURI MOZAMBIQUE

Mu myaka 30 hahagaritswe Jenoside yakorewe Abatutsi bikozwe n’ingabo za RPA Inkotanyi .u Rwanda Ni Kimwe mu bihugu Bifite Umwanya wabyo mu isi Byumwihariko mu bijyanye n’igisirikare n’umutekano gicunga Nkuko Mu biganiro Byacu bibanza twabigarutseho ;Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze Byinshi mu myaka 30 Ishize bijyanye no kurinda Abanyarwanda no Kubakemurira Ibibazo Bibabuza Umutekano ndetse Ingabo z’u Rwanda zanagannye Hanze y’u Rwanda Zitanga Umutekano zibungabunga amahoro ibyo nabyo twabigarutseho. Ariko na none Mu Nkuru zavuba ahangaha Igisirikare cy’u Rwanda na none Cyagarutsweho mu isi yose Ubwo Cyatabaraga abandi banyafurika bari mu Bibazo Byo kubura Umutekano Muke.iki gisirikare cyatabajwe kenshi naba Perezida Bibihugu bitandukanye babaga bari mu mazi abira abaturage babo bamerewe nabi.biciye mu masezerano hagati y’u Rwanda n’ibihugu byabo .Ingabo z’u Rwanda zikerekezayo zigakorayo akazi gahambaye zikagarura Umutekano zigahinduka Ibitangarirwa mu isi Nzima.urugero ngiye Kuvuga no kugarukaho mu kiganiro cyuyu munsi ni Cabo Delgado muri Mozambic.aho abasirikare 1000 babanyarwanda bandikishije amazina yabo ku mucanga wibihe n’amateka Ubutwari bwabo no kwitanga.aho bongeye Kuzamura Izina ry’u Rwanda mu bicu rikongera Gushashagirana abanya Mozambic BongerGukomera amashyi Perezida Paul KAGAME wemeye Kubatabara Mu gihe Isi Yose yasaga niyafunze amatwi n’amaso kukibazo cyabo. Ariko se Uretse Kumva Uko Ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri cabo Delgado ubundi waba uzi neza akazi zahakoze Nuburyo zagakozemo.Niba Ufite amatsiko yibyo abasore babanyarwanda bakoreye muri iyi ntara ya Mozambic reka Dutemberane Muri Cabo Delgado.Ubwo Urakaza neza muri Cabo Delgado.iki ni igice cya kane ku byakozwe n’Ibyagezweho n’Ingabo z’u Rwanda mu myaka 30 Ishize.

#Rwanda30

Комментарии

Информация по комментариям в разработке