Kagame: Bajye badutuka ariko batwirinde || Aba Bumbogo bazanye Kajugujugu yo kwamamaza umukandida

Описание к видео Kagame: Bajye badutuka ariko batwirinde || Aba Bumbogo bazanye Kajugujugu yo kwamamaza umukandida

Ku wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024 ni bwo umukandida ku mwanya wa Perezida, Paul Kagame yiyamamarije mu murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo abasezeranya ko nibatora neza tariki 15 Nyakanga ku munsi nyirizina w’amatora umuhanda ujya Bumbogo uzashyirwamo kaburimbo. Yagize ati “Ni byinshi nasezeranya, ariko ndashaka gusezeranya ikintu kimwe gusa cyihuse kandi nifuza ko kizihuta. Hari umuhanda twajemo, uyu muhanda watugejeje aha ngaha w’ibitaka, uraza guhinduka kaburimo vuba byanze bikunze, ibyo ndabibasezeranije nitumara guhitamo neza itariki 15.”

Комментарии

Информация по комментариям в разработке