Ibyishimo bya Tuyisenge wakiriwe na Perezida Kagame nyuma yo kwegukana Umudali wa Zahabu mu mibare

Описание к видео Ibyishimo bya Tuyisenge wakiriwe na Perezida Kagame nyuma yo kwegukana Umudali wa Zahabu mu mibare

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda ryahize abandi mu marushanwa Nyafurika y’Imibare (Pan-African Mathematics Olympiad, PAMO 2024. Muri aba banyeshuri, harimo Denys Prince Tuyisenge, wegukana umudali wa Zahabu. Ni abanyeshuri batoranywa mu bigo by’amashuri yisumbuye binyuze mu bufatanye bw’Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere Ubumenyi bushingiye ku Mibare, AIMS Rwanda, Minisiteri y’Uburezi n’abandi bafatanyabikorwa.

Комментарии

Информация по комментариям в разработке