ABANTUTSE KU BUKWE BWANJYE||Tidjara Kabendera YAHISHUYE ibintu bikomeye ku bukwe budasanzwe yakoze

Описание к видео ABANTUTSE KU BUKWE BWANJYE||Tidjara Kabendera YAHISHUYE ibintu bikomeye ku bukwe budasanzwe yakoze

Umubano we na Burakari wanze gukomeza kuba mwiza kugeza ubwo mu 2015 bahisemo gutandukana kandi ngo kugeza uyu munsi bakomeje kuba inshuti zisanzwe, zinasangiye umukobwa zabyaranye. Bari barabyaranye abana babiri barimo n’ukuze w’imyaka 21.

Tidjara na Abdulnasahmad bubuye umubano mu mwaka wa 2016 nyuma y’uko Burakari amaze guca ize nzira.

Ubuzima bw’urukundo rwa Tidjara na Abdulnasahmad bakoze ubukwe mu minsi ishize nyuma yo gutandukana na Bukara, babuherukagamo mu 1996 ari nabyo babyaranye. Uyu mugabo ngo ntiyigeze ashaka undi mugore ari nacyo cyatumye agisaba Tidjara ko basubukura atarigeze ajijinganya.

Комментарии

Информация по комментариям в разработке