Kury Umukinnyi Mushya w'Amavubi Ukina muri Swiss 🇨🇭 | Yakuriye Kimisagara | Amavubi Ayazaniye iki 👀

Описание к видео Kury Umukinnyi Mushya w'Amavubi Ukina muri Swiss 🇨🇭 | Yakuriye Kimisagara | Amavubi Ayazaniye iki 👀

#Johanmarvinkuryrwanda #interview #amavubi

Ikiganiro numusore wimyaka 22 ukinirq Yverdon Sports yo muri Switzerland wakuriye kimisagara mu Kinyarwanda

(cc: 📹 FERWAFA TV)

JOHAN MARVIN KURY:
----------------------------------------

Guhamagarwa Kwa Mbere kwawe mwikipe yigihigu wiyumvishe Ute ugihamagarwa bwa Mbere ngo ukinire amavubi

Mubyukuri ndishimye. Sibyaburi munsi kuba umuntu yahamagarwa nyuma yigihe kinini hari ibiganiro na federasiyo, umutoza Aho ndetse nagakwiye kuba naritabiriye Mbere URETSE ko nagize ikibazo cyimvune ariko ubu nkaba narakize nishimiye cyane kuba ndaha ubu

Umutoza yakubwiye iki ukigeraha

Twarasuhuzanyije hanyuma turamenyana, aganiriza kumvune yanjye ambaza niba meze neza tugirana ikiganiro cyiza nishimira noguhura nawe

Wasanze Ute abasore byarakoroheye cg byarakugoye kubisanbamo

Nabantu beza beza bashiboye kunyakira neza tutitaye kumbogamizi zururimi kuba ntarabasha kuvuga ikinyarwanda neza ariko ngerageza kongera ubumenyi buri cyo UMUNSI kumunsi URETSE ko nari naganiriye nakapiteni nabandi bakinnyi babashije kunyakira vuba kandi byoroshye kandi nibyagahebuzo cyane

Umukinnyi wakwakiriye neza cyane

UMUNSI wa Mbere Mbere Yuko nitabira nari naganiriye ho Gato na taiba. Twari twagize ibyi tuganiraho hamwe na captain wampaye ikaze cyane cyane mubijyanye nimyitozo agerageza no kunyakira mubandi nibyiza urebye abakinnyi Bose, abazamu nibyiza

Tukugarutseho kubunararibonye bwawe muri Ruhago nkumwataka Niki uzanye mu Rwanda nkumusanzu intego zawe nizihe

Intego zanjye ntago nje hano mubiruhuko nukugira icyo nongera mwikipe nokuzana kubunararibonye bwanjye nkuye iburayi hano muri Africa nkeka ko biribujyane no kuba incuro yanjye yambere yo kubanza nkamenyera umupira nyafurika mumfuruka zose hanyuma nkakora. Ndakeka ko nyuma yo kumenyera nizeye ko nzakora burikimwe nikipe byose bikagenda neza kuko nizeye nizeye cyane iyi kipe

Ikipe y'igihigu urayibona Ute mumyitozo ugereranyije nikipe yawe biroroshye birakomeye tubwire ho gato

Mubyukuri imyitozo irubakitse mubijyanye namayeri ubuhanga guhuza biratandukanye biranateguye ndetse bijya guhura cyane nibyonkora mu bu Swiss iburayi bisa nkibyo dukora hano

Muri bagenze bawe wwabasanze Ute ntangorane mukwisanga muri bagenzi bawe nubushuti

Nkuko nabivuze kare bamfashije kwisanga byoroheje barishimye nubuzima kandi nibyagaciro kuba hari umwuka mwiza ubona mubasore kandi ibyo nibyo nabonye bwambere

Ubu haricyo wasaba haba muri Federasiyo umutoza cg ikindi kugeza ubu

Mubyukuri ibintu byose nibyiza burikimwe nikiza turya neza buri kimwe kiri kumurongo haba no mumyitozo amasaha twitorezaho kunanura imitsi buri kimwe kiri kumurongo nta kihariye nabasaba ikirenze Aho dukorera imyitozo niheza cyane kubijyanye nikibuga kiri hejuru hejuru cyane washyiraho ibikoresho nibyiza cyane ntacyo navuga nasaba cyihariye urebye

Nifuzaga kumenya Uko umuryango wawe wabyakiriye cyane cyane mama wawe ubwo wahamagarwa bwa Mbere mwikipe yigihugu

Mama wanjye yarishimye cyane cyane bikora kumutima akimenya ko hari ibiganiro na federasiyo yarishimye cyane umuryango wose nuko Aho nakiriye ubutumwa bwinshi kuba mu muryango wanjye abenshi banshyigikiye byaribishimishije

Uzabashisha ubatere ishema

Cyane cyane

Nishuro yagatatu URI mu rwanda inshuro ziheruka wasuye kimisagara ndakeka ubu ufite umwanya uzajya gusuhuza abashuti numuryango bishobora.

Nibishoboka Nyuma yikiiruhuko nzafata umwanya nishimira kubona inshuro numuryango ibindi nishimiye kuba ndaha ndetse ikirenze ibyo nkabanishimiye cyane ubufasha mbona kuva kubakunzi nabafana Aho nakira ubutumwa UMUNSI kumunsi nishimira kandi nterwa ishema no kubwakira nyotewe nokubereka ibyo nshoboye

URETSE Ruhago Niki kindi URI gukora kiri kugufasha gutuza

Ubuzima bwanjye bwose bwibanze kuri Ruhago ibindi sinagerageza umuziki ariko mfite inshuti zikora umuziki rero nsa kufite icyo muzi ho cyane cyane rap, rap yabafaransa , rap yamabyamerica sumuziki gusa no guteka ndumutetsi mwiza cyane kuko Mbere ntaraba umunyamwuga muri Ruhago nakozeho kuri restaurant rero ibyo byamfunguriyemo amarembo yigikoni nibyo ubuzima bwanjye bwose bwubakiye kuri Ruhago, kubera imvune nkita kumubiri wanjye nkora massage gukora cyane nongera Imbaraga mukibuga no kugiti cyajye byihariye akaba aribwo buzima bwanjye munsi kuwundi

Nkuko wavibuze kare nishuro yawe yagatatu mu Rwanda ndakeka ko hari ibyo wabonye byahindutse watubwiraho bike


Yego kimisagara barayubatse nahaherukaga mu myaka 6 ishize ndabibona harahindutse cyane mubyo ntibuka ntihahoze hasa Uko hasa uku ndabibona abahatuye bariyongereyenamazu menshi

Naherukaga kimisagara kera Mama yarishimye cyane mpamagarwa mu mavubi

#amavubi #rwandanballers #mqrvinkuru #kigalu #visitrwanda #ferwafa #minisports #aprfc #football #yverdonsport #swissfootball #swiss

Комментарии

Информация по комментариям в разработке