UTURERE (5) DUKIZE KURUSHA UTUNDI MU RWANDA 2021

Описание к видео UTURERE (5) DUKIZE KURUSHA UTUNDI MU RWANDA 2021

UTURERE DUKIZE MU RWANDA.
Yes les amis rek nongere mbasuhuze mbifurize gukomeza kugira impagarike nubugingo, njye ndi Aime fiacre ngabonziza iyi ni skytvrwanda. Kuri uyu munsi rero nzanywe na top 5. Uti top 5 yiki, uyu munsi tugiye kugaruka kuturere 5 dukize kurusha utundi mu Rwanda. Iyo umuntu avuze ngo akarere aka naka karakize kurusha akandi ngirango abahanga muhita mwumva ingeno yagendeweho, kuba rero akarere kaza imbere yakandi mubukire cg se mubukungu nuko uba usanga ari kakarere gafitiye igihugu akamaro kurusha utundi, buri karere cg buri gace nabagakomokamo kaba gafite akamaro kenshi ku bene gihugu mubice byose, ark hari uturere bita ishyiga ryinyuma… uuh abanyarwanda nibo bavuga bati havuyemo umwe twashira. Aha umuntu aba agendeye kubikomoka mwutwo turere nkimitungo kamere, ibikorwa remezo, ibiribwa nibindi bitunga ubusugire bwigihugu.

Twihuse rero kumwanya wa 5 haraza akarere ka nyarugenge, nyarugenge ni kamwe muturere tugize umugi wa Kigali, aka karere byumwihariko gakorerwamo ibikorwa byubucuruzi umuntu yavuga ko ariho mwisangano ryubucuruzi mugihugu cyose muri rusanjye byumwihariko ahazwi nko mumujyi caritier mateus, amasoko akomeye arimo isoko rikuru ryakarere ka nyarugenge utibagiwe iriherereye kwa mutangana nyabugogo. Nakarere kd karimo ibikorwa remezo bitandukanye birimo inyubako nini zubucuruzi uti bagiwe amahoteri akomeye yakira abanyamahanga benshi arimo Kigali serena hoteli na mariott. Uti bagiwe kd ibitaro bitandukanye birimo imitaro bikuru byakaminuza bya chuk. Ama stade ko ari nako karere kagaragaramo gare nini mpuzamahanga ya mamodoka ya nyabugogo. Ibi rero nibindi byose bikenerwa byumwihariko nikigero kinini cyabanyarwanda muri rusanjye bikagira akarere ka 5 muturere dukize cg se dufite inyungu nini umubare nyamwinshi wabanyarwanda.
Kumwanya wa 4, kumwanya wa 4 muturere dukize mu Rwanda haraza akarere ka kicukiro. Kicukiro nkakarere kumujyi wa Kigali kiganjemo ibice byumujyi. Aka niko karere kamaze igihe kaza mumyanya ya mbere mu mihigo. Ibi bisobanura iki, bisobanura ko ari kamwe muturere twihuta iterambere ryibikorwqa remezo nimibereho myiza yabaturage. Imihanda myiza, inyubako nziza kd zigezweho mumidugudu itandukanye igenda yubakwa muri aka karere bigashyira mu turere dukize mu Rwanda. Aka karere kd kagaragaramo amashuli akomeye ayisumbuye na za kaminuza zimyuga nubumenyingiro zisanganirwa nabenshi bakomotse impande nimpande mugihugu. Akarere ka kicukiro kd niko karere kagaragaramo zitandukanye zigaragara muri aka karere harimo niyubuzima. Aka karere kd gaherereye umujyi wa gisenyi uyu ukaba arumwe mumijyi yunganira umujyi wa Kigali ukaba uri no mumigi bugaragara ko ugenda ukura kukigero cyo hejuru, nyirizina ugendeye kubikorwa remezo bigenda byubakwamo. Ajkarere ka rubavu kakaba kanakira abakerarugendo byumwihariko bitewe nikiyaga cya kivu biviramo niyubakwa nikoreshwa cyne rya amahoteri muri aka karere. Tutibagiwe ko iki kiyaga cya kivu gikorerwamo nuburobyi bwamafi ahahwa mugihugu cyose. Akarere ka rubavu rero sibyo gs kuko kuba gahana imbibe nigihugu vya congo bituma habaho ihahirana ryubucuruzi hagati ya gisenyi na goma kuruhande rwa congo. Ubucuruzi bukorwa nabarenga 50000 buri munsi bambukiranya imipaka yibi bihugu. Ibyo byose rero nibindi birimo imibereho yabaturage itari hasi ugereranyije nutundi turere bikakagira akarerer kaza kumwanya wa 3 muturere dukize.
Kumwanya wa 2 haraza akarere ka MUSANZE, musanze ho mumajyaruguru yigihugu. Aka na karere buri muntu atashidikanya kukamaro gafitiye igihugu na ba turage bako0 muri rusange, ibi rero aka karere kabikomora byumwihariko mumafranga yinjira binyuze mubikorwa byubukerarugendo bibera muri aka karere. Ubukerarugendo bwiganje mucyanya kingagi mukinigi ndetse nabasura ibirunga bigaragara muri iki gice cyamajyaruguru yigihugu. Ibi rero byubukerarugendo bikaba ariho hakomoka iyubakwa ryamahoteri yo kurwego rwohejuru kd ahenze cyne aba bamukerarugendo bararamo. Akarere ka musanze rero kagira ikirere kiza bituma kaba twita ishyiga ryinyuma haraza akarere ka GASABO. Gasabo ho mumujyi wa Kigali, amateka avuga ko ari naho igihugu cyakomotse cg se cyatangiriye. hanakira bakerarugendo batandukanye. Byumwihriko kd byongeyeho byumwihariko mu karere ka gasabo niho hagaragara ibiro byumukuru wigihugu bizwi nka presidance.inyubako zigezweho kd nshyashya zubakwa mwaka karere byose bigashyira kumwanya wa 1 muturere dukize cg se dufatiye runini umubare nyamwinshi wabagize igihugu cyose muri rusanjye.
Ngayo nguko rero uko uturere dutandukanye dukurikirana mubukire niba ukomoka cg utuye muturere twavuzwe ruguru, I slutembibutse ko akarwere ka nyamasheke ariko kaza kumwanya wanyuma nkuko bigaragazwa nikigo kigihugu kibarurishamibare mumibare yagaragazaga imibereho yumuturage nizamuka ryubukungu kuturere muri rusanjye.
Rero nibyagaciro kuri woe twabanye mwiyi nkuru ukayigeza kumusozo nkusaba gukora subscribe niba utarayikora kugirango ibi nibindi tubateguririra bige bikugeraho byihuse. Ndi Aime fiacre ngabonziza rero ndabashimiye!

Комментарии

Информация по комментариям в разработке